Nina Cynthia

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Umukinnyi w'umupira, Uwacu Jean Bosco wakiniye amakipe arimo Atraco FC, APR FC na Police FC, yitabye Imana azize uburwayi
Mu myaka 16 ishize impaka z’umuhanzi wa mbere mu Rwanda zabaga zumvikanamo amazina abiri, Meddy na The Ben, hibazwa ngo ninde ufite ijwi ryiza, ninde wambara neza kurenza undi, ninde ukunzwe cyane n’ibindi byinshi
Niyo Bosco uri mu bafite izina rikomeye mu muziki Nyarwanda yambikanye impeta y’urudashira na Mukamisha Irene, bari bamaze igihe mu munyenga w’urukundo
Niyitegeka Gratien umenyerewe ku amazina arimo Papa Sava, Seburikoko, Ngiga, Sekaganda n’andi menshi, yatangaje ko ageze ku murizo imyiteguro yo gushyira hanze filime nshya irangira yise “What a Day”
Kuri uyu wa kane, tariki ya 15 Mutarama 2026,  igitaramo cy’urwenya Gen Z Comedy Show cya mbere cyo muri uyu mwaka kiraza kuba aho bamwe mu bantu bafite amazina azwi mu bintu bitandukanye mu Rwanda baraza gususurutsa abitabira iki gitaramo.
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29 Ukuboza 2025, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza rw’ubujurire  kuri bane barimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man, Ishimwe François Xavier, na Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta bose bashinjwa gusakaza amashusho y’urukozasoni y'umuhanzi Yampano.
Nyampinga w'u Rwanda 2020, Naomi Nishimwe yahishuye ko anyuzwe n'umugabo we Michael Tesfay ndetse ko aguwe neza mu gihe kingana n'umwaka bamaze bahanye isezerano imbere y'amategeko ryo kubana akaramata