Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ubushakashatsi bwakorewe mu gihugu cy'u Bwongereza bugaragaza ko u Rwanda ari igihugu cyabashije gutsinda icyorezo cya Maburg mu gihe gito ugereranyije n'ahandi hose ku Isi
Ambasaderi wa Denmark mu Rwanda ,Casper Stenger Jensen, yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, anunamira inzirakarengane zirenga ibihumbi 250 ziharuhukiye.
Kigali, Umurwa w’u Rwanda , ukaba mu mutima wa Afurika,  ni yo yonyine yatoranyijwe ku mugabe wa Afurika ngo yakire Shampiyona y'Isi y'Amagare.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasuye inzu ndangamurage ya Liberiya iri mu murwa mukuru wa Minova, anaganira n'urubyiruko rwo muri iki gihugu rwize mu Rwanda
Ku nshuro ya mbere mu mateka, Shampiyona y'Isi y'Amagare igiye kubera ku mugabane wa Afurika, mu gihugu cy'u Rwanda, mu Mujyi wa Kigali, guhera ku itariki ya 21 - 28 Nzeri 2025
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye igitero cyagabwe na Israel kuri Qatar mu Mujyi wa Doha ndetse inihanganisha imiryango y'Abanya-Qatar bakiburiyemo ababo.
Polisi y’u Rwanda yemeje ko Umuhanzikazi Barbara Teta uzwi ku izina rya Babo na Uwayezu Ariel uzwi nka Ariel Wayz bafunze.
Abanyarwenya Dr Nsabi na Killaman bongeye gutumirwa muri Gen-Z Comedy, naho umukinnyi wa filime Mazimpaka Kennedy akaza kuba ahari nk'umutumirwa w'umunsi
Imodoka yo mu bwoko bwa FUSO yari irimo abantu batatu ndetse inatwaye ihene 200, yakoreye impanuka kuri ‘Dawe Uri mu Ijuru’, hapfa umuntu umwe n’ihene zigera kuri 30 muri izo zari zijyanywe mu Isoko rya Rugali mu Karere ka Nyamasheke.