Perezida Paul Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman 

Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ya Oman yatangaje ko kuva ku wa Mbere tariki ya 7 Nzeri 2026, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda azahagirira uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri rugamije gushimangira umubano w’ibihugu byombi.

Imbamutima z’abise abana b’ingagi amazina n’urwibutso basigaranye ku Rwanda

Mu muhango wa 21 wo Kwita Izina wabereye i Kinigi mu Karere ka Musanze ku wa 4 Nzeri 2026, ingagi 22 zo mu misozi zahawe amazina mashya, aho abashyitsi baturutse mu mpande zitandukanye z’Isi bahisemo amazina atari ayo kuziranga gusa, ahubwo anatanga ubutumwa ku muco, ubumwe, ubutwari, iterambere no kubungabunga ibidukikije.