Umujyi wa Kigali ukomeje kwita cyane ku rwego rw'ubwikorezi ndetse kuri ubu haratekerezwa umushinga w'imodoka zigendera ku migozi mu kirere [Cable cars]
Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva , yatangaje ko imirimo yo kwagura Prince House–Giporoso–Masaka, izatangira mu kwezi kwa Gashyantare 2026.
Rayon Sports iri mu bihe biyikomereye, yanganyije na Al Merrikh SC, ibitego bibiri kuri bibiri, ( 2-2) mu mukino w'umunsi wa 15 wa Rwanda Premier league wabereye kuri Kigali Pele Stadium.
Inkuru y'urukundo ya Igabe Janvier na Tuyishimire Josiane, itangira mu 2020, ubwo uyu musore yajyaga muri imwe mu nzu itunganya imisatsi mu mujyi wa Kigali, maze akahabona umukobwa w'ubwiza butangaje
Habumuremyi Jean Baptiste wo mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Burera, arashakishwa nyuma yo gukubita umugore we witwa Hagenimana Jeannette uri mu kigero cy'imyaka 30, bikamuviramo urupfu, maze agahita atoroka.
Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!