Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Umujyi wa Kigali ukomeje kwita cyane ku rwego rw'ubwikorezi ndetse kuri ubu haratekerezwa umushinga w'imodoka zigendera ku migozi mu kirere [Cable cars]
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na Haruna Ferouz wari umutoza wungirije wayo
Umugabo w'myaka 56, n´umugore w´imyaka 65 bafashwe bagerageza guha inzego z’umutekano ruswa y'ibihumbi mirongo itanu (50.000 Frw) nyuma yo kubasangana inzoga z’inkorano ziswe Ibikwangari.
Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva , yatangaje ko imirimo yo kwagura Prince House–Giporoso–Masaka, izatangira mu kwezi kwa Gashyantare 2026.
Rayon Sports iri mu bihe biyikomereye, yanganyije na Al Merrikh SC, ibitego bibiri kuri bibiri, ( 2-2) mu mukino w'umunsi wa 15 wa Rwanda Premier league wabereye kuri Kigali Pele Stadium.
Inkuru y'urukundo ya Igabe Janvier na Tuyishimire Josiane, itangira mu 2020, ubwo uyu musore yajyaga muri imwe mu nzu itunganya imisatsi mu mujyi wa Kigali, maze akahabona umukobwa w'ubwiza butangaje
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwanzuye ko Shema Arnould uzwi cyane nka DJ Toxxyk afungwa iminsi 30 y’agateganyo, ruvuga ko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha bitatu muri bine akurikiranyweho
Minisitiri w'ububanyi n'Amhanga w'uburusiya, Sergei Lavrov, yatangaje ko igihugu cye kiteguye kuba umuhuza impande zihanganye muri Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Habumuremyi Jean Baptiste wo mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Burera, arashakishwa nyuma yo gukubita umugore we witwa Hagenimana Jeannette uri mu kigero cy'imyaka 30, bikamuviramo urupfu, maze agahita atoroka.