Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Umukinnyi w'umupira, Uwacu Jean Bosco wakiniye amakipe arimo Atraco FC, APR FC na Police FC, yitabye Imana azize uburwayi
Mu myaka 16 ishize impaka z’umuhanzi wa mbere mu Rwanda zabaga zumvikanamo amazina abiri, Meddy na The Ben, hibazwa ngo ninde ufite ijwi ryiza, ninde wambara neza kurenza undi, ninde ukunzwe cyane n’ibindi byinshi
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko aka karere kafashe ingamba zo kurandura mu buryo burambye ikibazo cy'inzara muri imwe mu Mirenge igize aka karere cyagaragayemo.
APR FC yanganyije na Al Merreik 0-0 mu mukino w'umunsi wa 15 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye muri Stade Amahoro.
Mu Karere ka Musanze, kuva ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, abaturage bagera ku 1000, bazindukiye mu Murenge wa Gataraga , kureba ibyo bita "Amabonekera" ya bikiramariya na Yezu.
François Bazaramba, wari warahamijwe ibyaha bya Jenoside, yapfiriye muri Finland muri Gereza ya Kerava aho yari afungiye.
Al Hilal Omdourman yanyagiye Rayon Sports FC ibitego 4-0 mu mukino w'umunsi wa 15 wa shampiyona y'u Rwanda .