IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Ba Ofisiye ba RDF bahuguwe ku mategeko mpuzamahanga agenga intambara

Madamu Jeannette Kagame yasabye ko ubushakashatsi butanga ibisubizo bifatika ku kurokora ubuzima bw’ababyeyi n’abana 

Intego ya Police FC uyu mwaka ni ugutwara igikombe: CP Yahaya Kamunuga

Trump yahisemo uwahoze ari intasi muri CIA kuba Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) wagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko yawo (East African Legislative Assembly, EALA) ingengo y’imari ingana na miliyoni 110.9 z’amadolari ya Amerika azakoreshwa mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2026/2027
Abikorera bo mu karere ka rubavu bakoze igikorwa cyo kuremera abatishoboye barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, baboroza amatungo ndetse banabubakira inzu zo kubamo.
Brigade y’abasirikare barwanira ku butaka Icyiciro cya 08, yasoje amahugurwa yo kubongerera ubumenyi,amaze amezi ane abera mu Kigo cy’Amahugurwa  ya gisirikare i Nasho, mu Karere ka Kirehe. 
Ingabo na Polisi by’u Rwanda bahaye abaturage bo mu turere twa Kirehe na Kayonza inka n’ihene muri gahunda y’ibikorwa by’izi nzego byo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva, yatangaje ko muri uyu mujyi hagiye kubakwa indi muhanda y’abanyamaguru bari muri siporo uzi nkwa ‘Green carpet’, mu rwego rwo gufasha abantu kurushaho gukora siporo.
Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) ryahagaritse Ntore Habimana na Axel Olenga Mpoyoi, banze kwitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu mu mikino yo guhatanira itike yo gukina igikombe cy’Isi
Ikipe y'Umurenge wa Masaka yegukanye 'Umurenge Kagame Cup 2026' mu mupira w'amaguru mu bagabo itsinze Nyarugenge ibitego 6-3 ku mukino wa nyuma, mu gihe mu bagore cyegukanywe n’Umurenge wa Mahembe yo mu karere ka Nyamasheke yatsinze Kacyiru penaliti 5-4.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasubije abantu batandukanye terefone 140 zigendanwa zafashwe zaribwe, zifite agaciro ka 40,760,000 Frw (asaga miliyoni 40).
Ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rishobora kongerera ubukungu bw’igihugu agaciro kangana na miliyoni 589$ (Miliyari 862 Frw) ni ukuvuga 6% by’umusaruro mbumbe (GDP) w’Igihugu kugera mu 2030.
Ku munsi nk’uyu, tariki ya 19 Kamena 1994, interahamwe zari zikomeje umugambi wo kwica Abatutsi hirya no hino mu gihugu.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka