IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Mu gihe u Rwanda rwizihizaga ku nshuro ya 32 umunsi wo Kwibohora, kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Nyakanga 2026, Ingabo na Polisi by’u Rwanda bamuritse ibikorwa bitandukanye bakoze mu guteza imbere imibereho y’abaturage.
Abasirikare b'Abanyarwanda bari mu butumwa bw'Umuryango w'Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Sudani y'Epfo, bifatanyije n'Abanyarwanda baba muri icyo gihugu mu kwizihiza Isabukuru y'imyaka 32 u Rwanda rwibohoye.  
Ubushakashatsi ku mibereho y’ubuzima bwo mu 2025(DHS7) bwagaragaje ko umubyibuho ukabije wiganje cyane mu bagore kurusha abagabo, cyane cyane mu bari hagati y’imyaka 20-49, ndetse ibiro byinshi no kubyibuha bikabije biteye impungenge kuruta kunanuka.
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yayoboye umuhango wo gusoza Amahugurwa y’Imiyoborere ya ba Ofisiye bato (Police Junior Command and Staff Course), icyiciro cya 14/26, wabereye mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu Karere ka Musanze.
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko ibikorwa byakozwe na Polisi n’Ingabo z’u Rwanda kuva muri Werurwe 2026, bifite agaciro k’arenga miliyari 2 na miliyoni 700 Frw.
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubufatanye Mpuzamahanga mu bya Gisirikare, Brig Gen Patrick Karuretwa, yatanze ikiganiro ku bitabiriye Itorero Indangamirwa Icyiciro cya 16, riri kubera mu Kigo cy’Amahugurwa cya Gisirikare cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo
Abagize Urugaga rw’Abikorera (PSF) bahagarariye abandi mu Turere 7 tugize Intara y'Iburengerazuba bagabiye inka 10 abamugariye ku rugamba bo mu Karere ka Ngororero. 
Mu kiganiro yagiranye na Tereviziyo y’u Rwanda, Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze, Dr Flora Mutezigaju, yagarutse ku iterambere ry’Urwego rw’Uburezi ukurikije uko rwari ruhagaze mbere na nyuma gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Raporo ya gahunda y’ubwizigame bw’igihe kirekire “Ejo Heza” y’umwaka wa 2025/26 yagaragaje ko uturere twose tw’igihugu twesheje umuhigo ku mpuzandengo ya 113,7%, aho twose twakusanyije asaga miliyari 14 Frw, mu gihe intego yari arenga miliyari 12 Frw.
Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n'lsukura (WASAC Group) cyatangaje ko kubera igabanyuka ry'amazi muri iki gihe cy'impeshyi, hashyizweho gahunda yo kuyasaranganya, bityo ko abantu bakwiye kuyakoresha neza.