Nina Cynthia

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko ku bufatanye na Polisi y'igihugu, rwafashe Bucyanayandi Emmanuel wiyita umuvugamutumwa wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga atera abantu ubwoba yitwaje ubuhanuzi akabasaba gutanga amafaranga.
Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha RIB ku bufatanye na Polisi y'u Rwanda beretse itangazamakuru abantu 72 batawe muri yombi bakekwaho ibyaha bifitanye isano no gukora no gucuruza ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge.
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB rwasabye aba ‘Agent’ ba Mobile Money (MOMO) kuba maso, bakagira amakenga ku bantu babasaba kubabikuriza amafaranga bakoresheje nimero zabo za telefoni, kuko hari ubujura bubakorerwa batabizi.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubutaka (NLA) cyatangaje ko cyahagaritse by’agateganyo ikoreshwa ry’inyandiko mpeshabubasha (Procuration/Power of Attorney) mu mitangire ya serivisi z’ubutaka, mu rwego rwo kunoza imitangire ya serivisi no gukumira ibikorwa by’uburiganya.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Gambia, Lieutenant General Mamat O.A. Cham, yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama (RDF CSC) riri mu Karere ka Musanze,agaragaza ko Ubufatanye bw'Ingabo bwafasha Afurika kwigira no kwihesha agaciro.
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), ryafashe abagabo babiri bari batwaye ibiro 28 by'urumogi kuri moto, barujyanye kurucuruza mu mujyi wa Kigali.
Ubuyobozi bwa wa Kaminuza y’u Rwanda, bwatangaje ko abanyeshuri 9529 basoje amasomo mu mashami atandukanye , ari bo bazahabwa impamyabumenyi mu birori biteganyijwe kubera i Huye, ku wa Gatanu, tariki 17 Ukwakira 2025.
Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rwahuye n’ibibazo byinshi birimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko rwabashije kubyigobotora, rukagera ku iterambere ryifuzwa n’Abanyarwanda.