IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

‘Bisi ni nziza, ariko ikibazo dutuye nabi’ – Gahunda ya tuyoboke bisi mu mboni za Hakuzwumuremyi

Umushinga wa Sahara Residence mu nzira yo gutuza abanyakigali mu igorofa

APR FC yanyagiye Mukura Victory Sports, iteguza umukeba kurya ari menge

Minisitiri Bizimana yagaragaje ko Gikongoro iza imbere mu harimbuwe imiryango myinshi muri Jenoside

Minisitiri Habimana yasabye abahoze ari abarwayi ba FDRL batashye mu Rwanda, kuzirikana ko ubumwe n’ubudaherwanwa by’abanyarwanda ari umusingi w’ibyubatswe byose badakwiye kubitatira.
Leta y’u Rwanda yakiriye imiryango 98 igizwe n’Abanyarwanda 326 bari bamaze imyaka irenga 30 barahungiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Ubwami bwa Arabia Saudite batangije umushinga ugamije kugeza ku baturage ibikoresho byo gutekesha gaze (LPG), nk’uburyo bwo guteza imbere ikoreshwa ry’ingufu zidahumanya ikirere
Kiliziya Gatolika mu Rwanda yateguje ibirori byo gusoza Yubile y’imyaka 125 Ivanjili imaze igeze mu Rwanda, bizahuzwa no kwizihiza imyaka 2025 y’ubu Kristu ku Isi
Komisiyo ishinzwe Imisifurire muri FERWAFA, yatanze ibihano ku bandi basifuzi babiri ndetse itera utwatsi ibirego by’amakipe arimo APR FC n’Amagaju FC
Minisitiri w'Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yashimangiye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo kurengera urusobe rw'ibidukikije ari inzira yo guharanira kugera ku mahoro n’ubukire birambye
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko Ubushomeri bwagabanutseho 1.9%, mu gihe abafite imyaka yo gukora (16 kuzamura), 57% bafite akazi.
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball, Axel Mpoyo, yemeje ko atazakina mu mikino yo gushaka itike ya FIBA World Cup, izaba hagati ya tariki ya 27 kugeza ku ya 30 Ugushyingo 2025 muri Tunisia.
U Rwanda na Somalia byasinyanye amasezerano y’ubutwererane rusange ndetse byemeranya ishyirwaho rya komisiyo ihuriweho shinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryayo, no gushaka izindi nzego ibihugu byombi byakoranamo.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka