IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda basaga 500 baturuka mu miryango irenga 150, batashye baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
Depite Bizimana asanga umubare w’abasinyira idini cyangwa itorero kugirango ryemerwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, urimo amananiza kuko amadini yose atariko yabona abayoboke 1000 bayasinyira
Depite Pie Nizeyimana yasabye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, kwinjira mu bibazo bimaze iminsi bigaragara muri Rayon Sports, kuko bigira ingaruka ku mbaga nini y'Abanyarwanda bayikunda, abasabira kurindwa agahinda
Perezida wa Pan African Movement-Rwanda, Hon Musoni Protais, yasabye urubyiruko guharanira kugira amahitamo yo kwigenga mu bitekerezo ndetse no gukunda igihugu no kugikorera
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima ndetse n’Ikigega gishinzwe kurwanya ibyorezo, Pandemic Fund, batangije ku mugaragaro umushinga wo kubaka Laboratwari Mpuzamahanga yo gupima indwara z’inyamaswa
RIB, rwataye muri yombi Nsoneye Emmanuel, umugenzuzi mu Kigo cy'Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw'Ibiribwa n'Imiti (Rwanda FDA) na Uwamariya Beatha ufite uruganda rukora inzoga bakurikiranyweho icyaha cya ruswa
DCG Jeanne Chantal Ujeneza, yavuze ko umutekano u Rwanda ruzwiho ku ruhando mpuzamahanga, udakwiye kuba gusa uwo mu bya Gisirikare ahubwo ko hakwiye kwitabwa no ku mutekano w’abakoresha umuhanda
Dusengiyumva Samuel, yavuze ko hatangiye kubakwa no kuvugurura imihanda kugirango hagabanywe umuvundo, yibutsa abayikoresha ko hakenewe ubufatanye bwabo mu kuyibungabunga no kubungabunga ubuzima bwabo
Hashakineza Jean Claude, yasobanuye ko amashuri y’ikitegererezo (Model Schools) afite isano n’amashuri Nderabarezi, kuko akorana nayo mu gufasha abanyeshuri biga uburezi kwimenyereza neza uwo mwuga
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yavuze ko amashuri adakwiye kwitwaza imbogamizi zirimo ubucucike, ngo abanyeshuri batsindwe, avuga ko hari abiga ari benshi bagatsinda hakaba n'abiga ari bake ntibatsinde