Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Amb.Olivier Nduhungirehe yashimangiye ko ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington tariki ya 04 Ukuboza 2025 ridakwiye kuguma mu magambo, rigomba guherekezwa n’ibikorwa bifatika bigamije kugarura umutekano urambye mu Karere
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ku Cyumweru tariki ya 30 Werurwe zatangaje ko zitangije ku mugaragaro,igikorwa kigamije guhiga no gucyura abarwanyi b’umutwe wa FDLR bagikomeje kugaragara ku butaka bwa Congo.
Nyuma y’iminsi ibiri bari bavuye mu  bice Kateku na Kanune, two muri Gurupema ya Ikobo,teritwari ya Walikale mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru abarwanyi ba AFC/M23 bongeye kugaruka muri utu duce ku wa Gatandatu tariki ya 28 Werurwe.
Ihuriro rya AFC/M23(Alliance Fleuve Congo) ryashyize umucyo ku bikorwa biri kugaragara muri iki gihe ku mirongo itandukanye y’urugamba atari ibintu bishya, ahubwo ari ihinduranya risanzwe kandi rishingiye ku igenamigambi ry’ingabo zaryo zizwi ku izina ry’Ingabo za ARC (Armée Révolutionnaire Congolaise).
Mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira ku wa Kabiri, tariki ya 24/03/2026, haravugwa ibitero bikomeye byagabwe mu gace ka Kalehe, mu ntara ya Kivu y’amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yagaragaje impungenge zikomeye ku hazaza h’igihugu, avuga ko kiri mu nzira ishobora kuganisha ku gusenyuka burundu
Abanyamuryango b’umuryango wa FPR Inkotanyi, mu murenge wa Rubavu bihaye intego yo guhashya magendu yabaye karande muri aka gace gahana urubibi na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo
Inteko Ishinga amategeko imitwe yombi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangiye gusuzuma imishinga y’amategeko yerekeye kwemeza ku mugaragaro amasezerano ya Washington, bahuriyeho n'u Rwanda
Mu misozi ya Uvira mu Majyepfo y’intara ya Kivu y’Amajyepfo hongeye kumvikana imirwano hagati y'Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC, n'ihuriro ry'ingabo za AFC/M23
Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze mu biro bishinzwe Afurika muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yamaganye ibitero bya drone byibasira abasivile, isaba impande zose ziri mu ntambara kubahiriza amasezerano yo guhagarika imirwano no kurinda ubuzima bw’abaturage n’abakozi b’imiryango mpuzamahanga