Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) kigaragaza ko uburyo bushya bwo gutunganya ibishishwa by'imyumbati bikavamo ibiryo by'amatungo byafasha mu kugabanya ibitumizwa mu mahanga ku kiguzi kiri hejuru
Tariki ya 11 Kanama 2024, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yarahiriye kongera kuyobora u Rwanda muri manda ya kane, mu muhango wabereye muri Stade Amahoro
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko igipimo rusange cy’izamuka ry’ibiciro ku masoko cyazamutseho 7.3% muri Nyakanga 2025 ugereranyije na Nyakanga 2024
Inzego za Leta y'u Rwanda zagaragaje ko mu rwego rwo gukemura ibihombo bimwe ibitaro bya Leta bihura nabyo bituruka ku baturage bahabwa serivisi z'ubuvuzi ntibishyure, hashyirwaho urwego rushinzwe kwishyurira abo bantu batishoboye
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwe (ANU) mu Mujyi wa Kigali ryafashe abagabo babiri batwaye kuri moto urumogi ibiro 31
Muri Expo 2025, kimwe mu byatunguye benshi ni inzoga nshya mu Rwanda yitwa Soju, ikorwa na sosiyete yo muri Koreya y’Epfo yitwa Jinro
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) bwatangaje ko kubera gahunda yo gusaranganya amazi mu Mujyi wa Kigali, bitewe n’icyibazo cy’igabanuka ry’amazi ryatewe n’impeshyi, hari ibice bimwe bizabura amazi guhera ku itariki ya 11 kugeza kuya 12 Kanama 2025, kugira ngo amazi agezwe no ku bindi bice bimaze iminsi bitayabona
Urwibutso Enterprise ni kimwe mu bikorwa bitajya bibura mw'imurikagurisha Mpuzamahanga ry'u Rwanda ribera i Gikondo "Rwanda International Trade Fair'. Uyu mwaka bazanye udushya dutandukanye ariko by'umwihariko bari kumurika igikorwa batangije cya 'Sina Gerard Football Academy', kigamije kuzamura impano z'abakiri bato mu mupira w'amaguru
Kakooza Nkuliza Charles [KNC] washinze Radio&TV1 akaba anayobora Gasogi United yagarutse ku rugendo rwe rwmubuzima harimo uko yisanze mu buhanzi, itangazamakuru no gushinga ikipe, agenera n’ubutumwa urubyiruko bwarufasha kwiteza imbere.