Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Umunyarwenya G-Tuff, umaze kumenyerwa mu biganiro bisetsa ku rubuga rwa Youtube, yatumiwe mu iseka rusanjye rya Gen-Z Comedy, rizaba tariki ya 28 Kanama 2025
Mu rwego rwo guteza imbere uburenganzira bw’umwana n’umubyeyi, hashyizweho icyumba cy'umubyeyi cyihariye muri gare ya Kacyiru, cyiswe "Mama’s Corner", kizajya gifasha ababyeyi bonsa kubona aho bakorera iki gikorwa
NESA, cyatangaje ko abanyeshuri bangana na 92.2% batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza naho 75.64% batsinda ibizamini bisoza icyiciro Rusange cy'Amshuri yisumbuye mu mwaka wa 2024/2025
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko igiye gukurikirana ikibazo cya serivisi mbi zirimo izishingiye ku icuruzwa rya kawa ndetse n'iza resitora bitangirwa muri Stade Amahoro
Ikibuga cy’umukino wa Golf cya 'Kigali Golf Club’ cyamaze kugezwa ku rwego mpuzamahanga nyuma y’ishoramari rya miliyoni 42 z’Amadolari ya Amerika zashowe mu kwagura no kunoza ibisabwa byose kugira ngo kibe igicumbi cy’imikino ya Golf mu Karere
Ikipe y’igihugu y'abagabo muri Basketball yari ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Afrobasketball 2025 riri kubera muri Angola, kuva tariki ya 14, yasezerewe nyuma yo gutakaza imikino yose uko ari itatu, ibi bitari byitezwe n’abafana
Dr. Casmir Bizimungu, wahoze ari Minisitiri w’Ubuzima muri guverinoma ya Juvénal Habyarimana kugeza muri Mata 1994, yitabye Imana aguye muri Ghana aho yari atuye kuva mu 2016
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi umugabo n'umugore bafatanywe udupfunyika 1144 tw'urumogi mu nzu
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye imirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’uko uruhande rwa leta ya RDC n'ihuriro rya AFC/M23 basinyiye amasezerano y’amahoro i Doha muri Qatar
Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw’amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, baganirije urubyiruko impamvu banze gutererana u Rwanda mu 1994