Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Nyanza:Umwana na se bakurikiranyweho kwica umukecuru

Minisitiri Dr. Gasore yahagarariye Perezida Kagame mu nama ya Africa We Build Summit 2026

Public Announcement: Intention to Close Operations of Land O’Lakes Ventures 37 in Rwanda

I&M BANK: Tender Open To National Registered Companies

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryakiriye ubusabe 688 bw’abatoza bujuje ibisabwa, bifuza gutoza Ikipe y’Igihugu y’Amavubi
Perezida w'Urukiko rw'Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa yakiriye indahiro ya Musonera Gaspard, uherutse kugirwa Komiseri muri Komisiyo y'Igihugu y'Amatora
Ishuri ryisumbuye rya Bumbogo ryatsinze amarushanwa ku Kinyarwanda, Umuco n'Umurage mu mashuri yisumbuye rifite amanota 90%, rikaba ariryo rizahagararira Umujyi wa Kigali muri aya marushanwa yitabirwa n'ibigo byo mu gihugu hose
Intebe y'Inteko y'umuco, Amb. Robert Masozera yatangaje ko hagiye gushyirwaho amabwiriza yo gukoresha ururimi rw'Ikinyarwanda, yiswe 'Ikinyarwanda ku isonga' azaba aje gufasha Abanyarwanda by'umwihariko urubyiruko kwibona mu rurimi gakondo rwabo
Umutwe wa AFC/M23 winjije mu gisirikare abandi basirikare bashya 7,532, nyuma yo gusoza amahugurwa n'imyitozo mu kigo cya gisirikare cya Tshanzu, kiri mu gace ka Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru
Dr.Bizimana Jean Damascene yashimiye umwanditsi w'Ibitabo, Mukagasana Yolande wagize ubutwari bwo gusangiza mu gitabo 'Umurage w'Urubyiruko' amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n'ingaruka yagize ku muryango Nyarwanda
Abantu benshi bakunze gutangira umunsi banywa Ikawa cyangwa Icyayi, gusa ikibazo gihora kibazwa ni 'Ese ni ikihe kinyobwa muri ibi bibiri kiruta ikindi kukinywa mu gitondo', mu gutuma umuntu agira imbaduko no kwirirwa umubiri umeze neza
Minisitiri Dr. Bizimana Damascene, yashimangiye ko iterambere ry’u Rwanda ridashobora kugerwaho hatitawe ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda by'umwihariko indangagaciro yo kwigira no kunoza imivugire n’imyandikire y’ururimi rw’Ikinyarwanda
Guverinoma y’u Rwanda yemeje umushinga w’itegeko rishya rigenga ubuziranenge bw'umusaruro w'ibihingwa, rigamije kugenzura no guhana abakora ubuhinzi mu buryo butubahirije amategeko ndetse n'amabwiriza agenga uyu mwuga

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka