Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ikigo cy’Igihugu kibarurishamibare cyatangaje ko mu gihembwe cya mbere cya 2026 umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutse ukagera kuri miliyari 6,346 Frw, uvuye kuri miliyari 5,276 Frw wari ho mu gihembwe nk’icyo cya 2025, bigaragaza izamuka rya 10%.
Perezida Faure Essozimna Gnassingbé yashimiye umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ndetse n’uwahoze ari Perezida wa Nigeria, Olusegun Obasanjo, ku mbaraga bakomeje gushyira mu kuba Abanyafurika bakunga ubumwe mu rugendo rwo guharanira ko uyu mugabane utera imbere.
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda ifatanyije n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC, batangije ibikorwa byo kumva ibitekerezo by’Abanyarwanda ku ngingo zizagenderwaho mu gushiraho Itegeko Nshinga rigena ukwihuza kw’ibihugu bigize uyu Muryango.
Kuri uwo munsi mu ijoro nibwo Ingabo za FPR Inkotanyi zarokoye Abatutsi ibihumbi bibiri bari bihishe muri Saint Paul. Icyo gikorwa cyakurikiwe n’uburakari bukabije bw’interahamwe zica umubare munini w’Abatutsi bari barahungiye mu nzu za kiriziya ya Sainte Famille.
Guverinoma ya Israel yashyizeho amabwiriza mashya agenga ingendo ziva mu bihugu bimwe byo muri Afurika nyuma y’impungenge zatewe n’ubwiyongere bw’icyorezo cya Ebola mu bice bimwe bya Afurika y’Iburasirazuba.
Perezida Paul Kagame, yageze i Lomé muri Togo aho yitabiriye inama yo guteza imbere urwego rw’ubwikorezi bwo mu kirere ku mugabane wa Afurika (African Air Transport Convention and Expo (AATCE).
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth), Shirley Ayorkor Botchwey, yatangaje ko uyu muryango hari byinshi ugiye kwigira ku Rwanda birimo ibijyanye n’ubucuruzi n’ishoramari.
Abaganga b’inzobere mu kuvura indwara z’umutima mu bana baturutse muri Israel bageze i Kigali aho bagiye kumara icyumweru bavura abana bafite ibibazo bitandukanye by’umutima.
Ku itariki ya 15 Kamena 1994, MINUAR yari yatwaye bamwe mu Batutsi batri kuri Sainte Famille ibajyana mu gace kari mu maboko ya FPR Inkotanyi. Hagiye cyane cyane abagore, abakobwa n’abana.
Amdasaderi Christine Nkulikiyinka yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru w’Inama Mpuzamahanga y’Umurimo Gilbert F. Houngbo byibanze ku gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda na ILO.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka