Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Ubutasi ku Mari (Financial Intelligence Center: FIC), ku wa 14 Ukwakira 2025, rwashyize hanze urutonde rw’abanyarwanda 25 bafatiwe ibihano kubera gukora no gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba imbere mu gihugu.
Polisi y’Igihugu yatangaje ko  gahunda  ijyanye n’ ubukangurambaga bwo kwirinda impanuka zo mu muhanda bwagarutse mu isura nshya, polisi isaba abantu kurindana mu rwego rwo kwirinda impanuka.
Ubuyobozi bw’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, buhangayikishijwe  n’imyitwarire ya bamwe mu bahoze mu nshingano z’ubuyobozi mu Itorero bari mu kiruhuko cy’izabukuru.
Ingabire Immaculée wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, azashyingurwa ku wa kane tariki ya 16 Ukwakira 2025, i Rusororo mu karere ka Gasabo.
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n'Ihuriro rya AFC/M23, bashyize umukono ku masezerano yerekeranye n'ishyirwa mu bikorwa ryo guhagarika imirwano
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), Dr. Frank Habineza, na Nkubana Alphonse wo mu ishyaka PSP ,kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Ukwakira batorewe kuba abasenateri.
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, ryasubiye mu biganiro byibanda kurebera hamwe uko imirwano uyu mutwe umazemo igihe n’ingabo za Leta ,FARDC, n’umutwe wa Wazalendo yahagarara.
Polisi y'Igihugu yatangaje ko umuhanda Kigali-Muhanga wongeye kuba Nyabagendwa.
Ubuyobozi bw’ibitaro bya CARAES Ndera bwatangaje mu mwaka wa 2024-2025, ibi bitaro byakiriye abarwayi 119,859 ndetse ko biyongereye 17.7% .
Emmanuel Ndindabahizi wabaye Minisitiri w’Imari muri Guverinoma y’Abatabazi mu gihe cya Jenoside akaza gukatirwa burundu n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR), yapfiriye  muri Benin.