Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Polisi y’Igihugu yatangaje ko umuhanda Kigali –Muhanga utari nyabagendwa kubera impanuka.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe,  yatangaje ko amagambo Perezida ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje  mu Nama Mpuzamahanga y’Ubufatanye bw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) na Afurika, Global Gateway Forum, yabereye i Bruxelles mu Bubiligi, yari agamije kuyobya rubanda.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, yavuze ko mu Midugudu hakwiye kujya hatangirwa ibiganiro ku mateka y’Igihugu ,ubumwe n’Ubudaheranwa ariko bigamije guhindura imyumvire y’urubyiruko rushukishwa amafaranga n’abavuga nabi bakanarwanya leta y'u Rwanda.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abakozi babiri bakora mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) na rwiyemezamirimo akaba na nyir’ikigo cy’ubucuruzi cyitwa Paramount Company, kigurisha ibikoresho by'ikoranabuhanga, bakurikiranyweho kunyereza amafaranga arenga miliyoni 48 Frw.
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze Jenoside mu Rwanda kurambika intwaro hasi.
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Phanuel Kavita, yatunguranye aho yagaragaye atoragura uduca tw'amazi twakoreshejwe n'abakinnyi nyuma yaho Benin itsinze Amavubi.
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yaremye agatima Abanyarwanda nyuma yaho Ikipe y'Igihugu,AMAVUBI , itsinzwe na Benin mu mikino wo gushaka itike yo kujya mu gikompe cy'Isi.
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin, yakiriye Minisitiri w’Ubwongereza ushinzwe Iterambere Mpuzamahanga n’Afurika, Rt. Hon Baroness Jennifer Chapman mu rugendo arimo mu Rwanda,
mbasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, Gen Patrick Nyamvumba, yakiriye Umuhanzi w’umunyarwanda, akanatunganya umuziki, Fred Mugisha Robinson uzwi nka Element , EleéeH, muri muzika, uri muri icyo gihugu, bagirana ibiganiro.
Perezida Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, ategerejwe mu Rwanda aho azahagirira uruzinduko rw’akazi