Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yasabye abaturiye Pariki y’Ibirunga, kubyaza umusaruro ibikorwaremezo biyikikije ndetse n’imishinga itandukanye bahabwa igamije kubateza imbere
Minisiteri y’Uburezi yasabye ababyeyi kuganiriza abana bagiye mu mashuri yisumbuye,isabana abana nabo kuzarangwa n’imyitwarire myiza ku mashuri.
Ikigo  cya Polisi cy’amahugurwa yo kurwanya iterabwoba (Counterterrorism Training Center-CTTC) cya Mayange,kimaze kugira uruhare rukomeye mu gufasha abapolisi b’u Rwanda kurwanya iterabwoba muri Mozambique nkuko abahuguwe babitangaza.
Inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique,kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3Nzeri 2025,zatanze amagare abayobozi b’Imidugudu yo mu Karere ka Mocímboa da Praia, mu Ntara ya Cabo Delgado, mu rwego rwo kubafasha mu kazi kabo ka buri munsi karimo kugira uruhare mu kurwanya iterabwoba, gushyigikira iterambere ry’abaturage, no gushimangira imiyoborere y’inzego z’ibanze.
Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge rwakatiye  Prof. Omar Munyaneza wayoboye WASAC Group igifungo cy’ iminsi 30 y'agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha.
Mu Karere ka Rwamagana, mu Ntara y'Iburasirazuba, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Nzeri 2025, hafunguwe Ikigo gishya kizajya cyakira abitegura gusoza ibihano bakatiwe n'inkiko, ‘Rwamagana Social Reintegration Centre
Niba utuye muri Kigali cyangwa mu mijyi iyunganira, ukaba utembera, si ubwa mbere wumvise ijambo ‘Massage na Sauna'
Muhizi Anathole urega Banki Nkuru y’u Rwanda kumwambura inzu yari yaraguze, yandikiye Inteko Ishingamategeko umutwe wa Sena, asaba ko yamurenganura
Umugaba w’Ingabo wungirije ushinzwe Ibikorwa n’Igenamigambi mu bw’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye  muri Sudani y’Epfo (UNMISS) akaba n’Intumwa y’u Rwanda muri Sudani y’Epfo, Brig Gen Kanobayire Louis, yasuye ingabo z’u Rwanda (Rwanda RWANBATT3) ziri i Juba muri icyo gihugu.
Raporo y’Urwego rw’ubucamanza igaragaza ko imanza nshinjabyaha ari zo ziganje mu nkiko ugereranyije n’izindi manza.