Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Guverinoma y’u Rwanda, binyuze mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Umwana (NCDA), yatangije gahunda nshya yo guteza imbere imikurire myiza n'uburezi bw’incuke, izashyirwa mu bikorwa mu gihe cy’imyaka ine, igashorwamo asaga miliyari 18.7 Frw
Urukiko rwa Rubanda rwo mu Bufaransa rwanze ubujurire bwa Sosthène Munyemana, rutegeka ko akomeza gufungwa imyaka 24 yari yarakatiwe mu 2023, nyuma yo kumuhamya uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Amakipe atatu yo muri Sudani y'Epfo yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, asaba kwemererwa gukina muri Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yatangaje ko mu myaka ibiri gusa Abanyarwanda bakoresha murandasi ya 4G bazamutse bavuye kuri kimwe cya kabiri cya miliyoni bakagera kuri miliyoni 5
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha,RIB, rufatanyije na Polisi mpuzamahanga,INTERPOL na JICA rwatangije amahugurwa agamije kongerera ubumenyi inzego zitandukanye mu kurwanya ibyaha bikorwa mu rwego rw'Imari.
inisitiri w'Ubuzima , Dr NSANZIMANA Sabin, yagaragaje ko Umuryango uhuza Ibikorwa by’Amavuriro ya Kiliziya Gatolika n’ay’andi matorero ya Gikirisitu BUFMAR, yagize uruhare mu kuzamura ikizere cyo kubaho mu Banyarwanda
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Davido, arateganya gutaramira abakunzi b’umuziki we i Kigali ku wa 5 Ukuboza 2025, mu gitaramo kizabera muri BK Arena.