Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Urukiko rw’Ikirenga rwasabye abakora itangazamakuru kuzirikana ubunyamwuga mu gihe batara, bakanatangaza inkuru z’ubutabera, hagamijwe kongera icyizere cy’abaturage mu nkiko no kurinda itangazamakuru kugwa mu makosa.
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. François Xavier Kalinda, ari kumwe n’abagize Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi Martin Chungong
Itsinda ry’Urubyiruko rubarizwa mu Muryango w’Abanyarwanda batuye muri Afurika y’Epfo, rwasuye Icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF), basobanurirwa intambwe u Rwanda rumaze gutera mu bumwe, ubwiyunge n’iterambere
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Somalia, Maj. Gen. Odawa Yusuf Rage n’itsinda bazanye mu Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi
Mu Rwanda hakozwe bwa mbere ubuvuzi bwa kanseri ifata mu rura runini hatabayeho kubaga umurwayi, ibizwi nka Endoscopic Submucosal Dissection (ESD)
U Rwanda rwatangije ku mugaragaro Gahunda y’Igihugu yo Kubungabunga urusobe rw’Ibinyabuzima (National Biodiversity Strategy and Action Plan) ya 2025-2030, hagamijwe iterambere rirambye
U Rwanda na Guverinoma y'u Budage basinye amasezerano yo guteza imbere gahunda zigamije gufasha abaturage kwiteza imbere no kuva mu bukene ya Miliyoni 18 z’Amayero asaga miliyari 30,5 Frw