Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Umuhanzi  Florien Uworizagwira, yatangaje ko adaciwe intege n’amashusho y’urukozasoni ye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, yongera kugaragaza urwo akunda umukunzi we.
Ubucuruzi hagati y'u Rwanda n'u Bushinwa bwageze ku gaciro ka miliyoni z'amadorari 605 ya Amerika mu mezi icyenda y'umwaka wa 2025, bigaragaza izamuka rya 22.1% ugereranyije n'umwaka ushize wa 2024
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro by'ibicuruzwa ku masoko mu mujyi cyazamutse ku kigero cya 7.1%, mu kwezi k'Ukwakira 2025, ugereranyije n'Ukwakira 2024
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya, Gen Charles Muriu Kahariri yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry'ingabo z'u Rwanda, RDF, riherereye i Nyakinama, asaba aba basirikare bagiye kuba bakuru mu gihe kiri imbere kugira ubushobozi bwo kureba kure no gufata ibyemezo
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yatangaje ko Leta iri gushyira imbaraga mu kunoza uburyo sisiteme zitangirwaho serivisi za Leta zikorera kuri Irembo, hagamijwe kurushaho korohereza Abaturarwanda kubona serivisi batavuye aho bari.
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT) yatangaje ko uburyo bw’ikoranabuhanga bwo gusaba serivisi za Leta binyuze ku Irembo bwahinduye uburyo igihugu kizajya gitangamo serivisi.
Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) yatangije ku mugaragaro ikoranabuhanga rishya rya e-IDSR (Electronic Integrated Disease Surveillance and Response), rigamije kunoza uburyo igihugu gikurikirana kandi kigatanga amakuru ajyanye n’indwara z’ibyorezo.
Ubushakashatsi bushya ku bipimo by’imiyoborere mu Rwanda bugaragaza ko inkingi y'umutekano n'ituze bikomeje kuza ku isonga mu zindi nkingi zose z’imiyoborere
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire, Rwanda Housing Authority (RHA), cyatangaje ko imirmo y'umushinga wo kuvugurura no kwagura ibitaro bya Masaka igeze ku kigero cya 96%
Major (Rtd) Didas Mushimiyimana, wamaze imyaka irenga 30 mu mashyamba ya RDC ari mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, yasabye bagenzi be bakiri mu mashyamba gufata icyemezo cyo gutaha