Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Mu rwego rwo guteza imbere imibereho y’abaturage bagiye kwimurwa mu gice kizagurirwamo Pariki y’Ibirunga, hafunguwe ku mugaragaro ikigo cy’ubuhinzi bw’imboga giherereye mu Murenge wa Kinigi, mu Karere ka Musanze
Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yitabiriye inama yateguwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), yahuje abikorera bo mu Rwanda n’abo muri Mozambique
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado, Maj Gen Emmy K. Ruvusha, yakiriye Umugaba w’Ingabo za Mozambique (FADM), Maj Gen André Rafael Mahunguane, ku cyicaro cya RSF giherereye i Mocimboa da Praia
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo u Rwanda rwakire inama mpuzamahanga igiye kuba ku nshuro ya cyenda ya 'Aviation Africa Summit & Exhibition', ihuza ibihugu bya Afurika hagamijwe kunoza ubucuruzi n’itumanaho biciye mu ngendo zo mu Kirere
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, ari i Singapore aho yitabiriye inama zirimo ihuza ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bo muri Afurika na Singapore (SAMEV), ndetse n’Inama Mpuzamahanga y’Ubucuruzi hagati ya Afurika na Singapore (ASBF)
Ambasaderi w'u Rwanda mu Burusiya Joseph Nzabamwita yahuye na Ambasaderi wa Belarus mu Burusiya, Aleksandr Rogozhnik, baganira ku buryo bwo kuzamura imikoranire hagati y’u Rwanda na Belarus
Imyaka 28 irashize mu nkambi ya Mudende, hagabwe igitero kigahitana Abutsi b’Abanye-Congo bari muri iyi nkambi iherereye mu Majyaruguru y’u Rwanda
Umuryango Mpuzamahanga ugamije kurwanya ubukene n’inzara, Heifer International wafunguye ku mugaragaro ikigo cya kabiri kizajya gitangirwamo amahugurwa ku mikoreshereze y'imashini zihinga no kuzisana
Ku nshuro ya mbere, u Rwanda rugiye kwakira irushanwa ry'abana n’ingimbi bakina umukino wa Golf, ritegurwa na Banki ya NCBA, NCBA Bank Rwanda
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yazamuye urwungo fatizo irugeza kuri 6.75% ruvuye kuri 6.5%, hagamijwe gukomeza kugenzura izamuka ry’ibiciro ku masoko