Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kugeza mu 2029 iteganya kugabanya ku kigero cya 50% ibirarane by'imanza zandindiriye mu nkiko
Abasirikare b’u Rwanda bagize batayo ya RWABAT-2 bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, MINUSCA, bahawe imidali ya Loni bashimirwa uruhare rwabo mu kubungabunga amahoro no kugarura ituze muri iki gihugu
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kayisire Marie Solange, yashimye Akarere ka Nyaruguru kaje ku isonga mu gutanga neza serivisi z’irangamimerere mu mwaka wa 2024/2025
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique yashimye aho Akarere ka Huye kageze kagabanya igipimo cy'ubukene mu baturage, kuri 15.3%
Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana, Rosemary Mbabazi, yifatanyije n’Abanya-Ghana kunamira abantu umunani baguye mu mpanuka ya kajugujugu, barimo ba Minisitiri babiri
Nate Ament, uri mu bakinnyi bakiri bato bafite impano ikomeye muri Basketball ndetse bahanzwe amaso muri NBA ari mu Rwanda mu rugendo rugamije gusura ibyiza nyaburanga by’igihugu no guhura n’urubyiruko rukina uyu mukino
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yifatanyije na Ghana mu gahinda ku rupfu rwa ba Minisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege ya Gisirikare, yabaye ku wa gatatu, igahitana abagera ku munani
Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva yasuye umushinga w’ubuhinzi wa Gabiro Agribusiness Hub, ukorera mu Ntara y’Iburasirazuba, agaragaza ko hakenewe gutekerezwa ku buryo bwo gushakira amacumbi no gutwara abakozi b’uyu mushinga baturuka kure
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeranyije ku mirongo y’ibikorwa by’urwego rw’umutekano ruhuriweho n’impande zombi, hagendewe ku bikubiye mu masezerano y’amahoro aherutse gusinyirwa i Washington DC