Amakuru

Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw'amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda nyuma y'imyaka 31
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin , yasabye abarangije Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kuvuguruza abasebya u Rwanda, batanga amakuru y’ukuri
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu,Dr Bizimana yasabye  abarangije mu Itorero Indangamirwa kuba bandebereho muri byose n’Urumuri rw’Urwanda rushya
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasizuba, EAC, n’uwa Afurika y’Amajyepfo, SADC, bongeye kugirana ibiganiro bigamije kurebera hamwe icyakorwa kugirango amahoro arambye agaruke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Murenge wa Ndera yataye muri yombi umugore witwa Ntakirutima Beatrice akurikiranyweho icyaha cyo gukora inzoga zinkorano zo mu bwoko bwa Liquer yise 'One Sip Gin'
Perezida Paul Kagame ari kumwe n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu miryango ya EAC na SADC bitabiriye inama idasanzwe yiga ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC
Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko hakozwe amakosa mu kudashyira umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu biganiro by’amahoro bya Doha
AFC/M23 yarahiriye kwigiza kure ingabo za FARDC, ingabo z'u Burundi, FDNB n’imitwe yitwaje intwaro bikorana, nyuma yaho bigaragaye ko iri huriro ry'ingabo rimaze iminsi myinshi mu myiteguro yo kubarwanya
Imiryango y'Abanyamulenge barokotse ubwicanyi bwo mu Gatumba mu gihugu cy'u Burundi yibutse ubu bwicanyi ku nshuro ya 21 ndetse basaba Umuryango w'Abibumbye n'ibihugu by'Akarere guta muri yombi abakekwaho ubu bwicanyi
Urukiko rwa Gisirikare ruherereye rwatangiye kuburanisha abantu 28 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, muri RCS n’abasivili, bakekwaho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa leta icyo utagenewe