Meteo Rwanda yatangaje ko hagati ya saa 6:00 z'umugoroba na saa 12:00 z'ijoro kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11 Kanama 2025, hateganyijwe imvura irimo inkuba mu turere twose tw’igihugu
Tariki ya 11 Kanama 2024, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yarahiriye kongera kuyobora u Rwanda muri manda ya kane, mu muhango wabereye muri Stade Amahoro
Abarwanyi b’umutwe wa M23 utavuga rumwe na leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bigaruriye utundi duce dushya mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nk'uko amakuru ava muri ibi bice abyemeza