Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, na Sookmyung Women’s University yo muri Koreya y’Epfo, bagiranye ibiganiro bigamije guteza imbere ubufatanye mu bushakashatsi n’uburezi.
Urukiko rw'Ibanze rwa Gasabo, kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri 2025, rwatangiye kuburanisha urubanza Kalisa Adolphe, Camarade ' wahoze ari umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA.