Amakuru

Perezida Kagame ari mu ruzinduko rw’akazi muri Tanzania

Ku Rwanda ‘Ntibizongera ukundi’ – Amb. Busingye mu Kwibuka muri Ireland

Tariki ya 3 Gicurasi 1994: Abagore n’abana biciwe ku Ibambiro muri Komini Muyira (Nyanza)

Mu Rwanda hatewe ibiti miliyoni 68.3 mu 2025/2026

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasubitse ku munota wa nyuma inama yari iteganyijwe guhuza Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame na Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
U Rwanda na Leta ya Djibout, kuva tariki ya 11-13 2025, bigiye guhurira mu nama ya Komisiyo ihuriweho n’ibihugu byombi yo ku rwego rw’Abaminisitiri, igamije gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano asanzweho no gukomeza kongera ubufatanye bw’ibihugu
Perezida Kagame yagaragaje ko kugira ngo Afurika ibashe kwihuta mu bukungu bushingiye ku Ikoranabuhanga, hakenewe ubufatanye hagati ya za guverinoma  n’abikorera
Umunyamabanga Nshingwabikorwa  n’Ushinzwe imibereho myiza n’iterambere mu Kagari, SEDO, umukozi w’Urwego rushinzwe kunganira akarere mu gucunga umutekano, DASSO n’abayobozi b’imidugudu babiri bo  mu Kagari ka Cyabagarura mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze batawe muri yombi.
Umujyanama mu by’umutekano muri Ambasade y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye (Loni), Lt Col Deo Mutabazi, yagaragaje ko uburyo bwiza bwo gukemura ibibazo by’amakimbirane n’intambara ari ukubihera mu mizi no gufasha abaturage kugira uruhare mu kwicungira umutekano wabo
Urukiko rw’Ikirenga ruherereye Kacyiru mu Karere ka Gasabo, Ku wa 12 Ugushyingo 2025, rwaburanishije urubanza rwa Ingabire Victoire Umuhoza, aho agaragaza ko ingingo yashingiweho atabwa muri yombi  inyuranye n’itegeko Nshinga ry’u Rwanda.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, RDF, Gen MK Mubarakh, yasabye amashuri makuru ya gisirikare yo muri Afurika gukomeza guteza imbere ubufatanye, guhanga udushya no kwinjiza ikoranabuhanga mu myigire n’imyitozo, kugira ngo babashe guhangana n’ibibazo by’umutekano biri gukura ku mugabane wa Afurika
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwafashe abagabo batatu bakekwaho kwiba za sitasiyo za lisansi zo mu gihugu arenga miliyoni 17 frw.
Umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yavuze ko abana bahamijwe ibyaha bagororerwa mu Igororero rya Nyagatare, bahabwa uburezi nk’ubw’abandi bose mu gihugu ndetse bakagenerwa nk’ibyo andi mashuri ahabwa mu kubarinda kudindira no kubaha ubumenyi bazakoresha basubiye mu buzima busanzwe.
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko iterambere rya Afurika mu bijyanye n’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano, AI, ritazashingira ku bwinshi bw'abarikoresha gusa ahubwo n'uburyo ibihugu by’Afurika bihitamo ibibazo bikwiye gukemurwa hakoreshejwe iryo koranabuhanga

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka