Amakuru

Madamu Jeannette Kagame yashimiye uburyo ishuri rya Kepler College rifasha urubyiruko rw’u Rwanda n’abandi Banyafurika kubona ubumenyi bujyanye n’igihe tugezemo, ndetse budaheza uwariwe wese
Umutwe w'inyashemba ugizwe n'abasize bakoze Jenoside mu Rwanda wa FDLR, kuri ubu ubarizwa mu mashyamba y'Uburasirazuba bwa Congo, ukomeje kwinangira no kwanga kuva ku izima ku gushyira hasi intwaro
Hashakineza Jean Claude, yavuze ko intego y’icyerecyezo cya 2050 cy’Igihugu yo kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi itagerwaho abana b’u Rwanda batize neza, bityo ko bisaba kugira abarimu bashoboye kandi bateguwe neza
Minisiteri y’Ubucuruzzi n’inganda, MINICOM, yatangaje ko  yamenye ibibazo byagaragajwe n’abakiriya ba Spiro , yizeza ko igiye kubikemura.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC),yatangaje ko ishima intambwe imaze guterwa mu kugabanya ubukene, inashima uruhare rw'imiryango itari iya leta mu iterambere ry'Igihugu.
Perezida Kagame uri mu rugendo rw'akazi muri Guinée , yifatanyije nabo gutangiza umushinga munini wo gucukura amabuye y’agaciro wa ‘Simandou Iron Ore Project’.
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Guinée-Conakry
Abanyarwanda basaga 300 bari mu nkambi y’agateganyo ya Nyarushishi, baherutse gutahuka bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangiye kwigishwa ku bumwe n'ubudaheranwa by'Abanyarwanda
Ikigo gicuruza Moto zikoresha amashanyarazi  cya Spiro, cyasobanuye ibijyanye n’imikorere mibi bikivugwamo.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11-20 Ugushyingo 2025, hateganyijwe imvura nyinshi mu gihugu hose, iri hejuru y'iyari isanzwe