Amakuru

Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Ubwami bwa Arabia Saudite batangije umushinga ugamije kugeza ku baturage ibikoresho byo gutekesha gaze (LPG), nk’uburyo bwo guteza imbere ikoreshwa ry’ingufu zidahumanya ikirere
Umunyamabanga Mukuru w’Ibihugu bivuga Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yaganiriye na Minisitiri w'Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe
Kiliziya Gatolika mu Rwanda yateguje ibirori byo gusoza Yubile y’imyaka 125 Ivanjili imaze igeze mu Rwanda, bizahuzwa no kwizihiza imyaka 2025 y’ubu Kristu ku Isi
Guverinoma y’u Rwanda, binyuze mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Umwana (NCDA), yatangije gahunda nshya yo guteza imbere imikurire myiza n'uburezi bw’incuke, izashyirwa mu bikorwa mu gihe cy’imyaka ine, igashorwamo asaga miliyari 18.7 Frw
Col Désiré Migambi Mungamba, yagaragaje ko ubumwe n’ubudaheranwa ari indangagaciro z’ingenzi zubakiye ku mateka y’Abanyarwanda ndetse zigomba kuranga buri Munyarwanda mu rugendo rwo kubaka igihugu
Umukobwa wari usigaye w'Umwami Yuhi V Musinga, witwa Spéciose Mukabayojo, yitabye Imana ku myaka 93 y'amavuko azize uburwayi
U Rwanda rwifatanije n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurizikana umurage uri mu majwi n’amashusho, hashimangirwa akamaro k’uyu murage mu kubungabunga amateka n'umuco biranga Abanyarwanda
Startimes Rwanda yamuritse umushinga w’u Bushinwa ugamije gusangiza ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ubumenyi ku buryo iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwa Aziya cyateye imbere. Uyu mushinga witwa 'The Glimpse of China in New Era'
U Rwanda na Somalia byasinyanye amasezerano y’ubutwererane rusange ndetse byemeranya ishyirwaho rya komisiyo ihuriweho shinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryayo, no gushaka izindi nzego ibihugu byombi byakoranamo.