Amakuru

Ihuriro rya AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe cy’ukwezi kumwe rimaze kunguka abasirikare bakabakaba ibihumbi 20
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Perezida wa RDC, Felix Tshisekedi, yongeye kudobya gahunda y’amahoro, akanga ko hasinywa amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu hagati y’igihugu cye n’u Rwanda
U Rwanda rwifatanyije n’Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Inyamaswa (World Animal Day 2025), hibutswa akamaro ko kwita ku nyamanswa no gukingira indwara y’ibisazi
Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yanze gushyira umukono ku munota wa nyuma amasezerano ahuriweho n’u Rwanda yerekeranye no guteza imbere ubukungu mu karere yagombaga gusinyirwa i Washington DC muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera aba Ofisiye 632, bari bafite ipeti rya Sous-Lieutenant, abaha ipeti rya Lieutenant
Minisitiri w'Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana yagaragaje ko umushinga w’ikoranabuhanga mu Burezi (Rwanda Smart Education) ufite uruhare rukomeye mu ishyirwa mu bikorwa ry’icyerekezo cy’igihugu cya viziyo 2050 na gahunda y’Igenamigambi rigamije Impinduka, NST
Minisiteri y’Uburezi yasoje ku mugaragaro icyiciro cya mbere cy’umushinga wo kugeza ikoranabuhanga mu mashuri izibwi nka “Rwanda Smart Education”
Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, bagaragarije Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, ko  aborozi bakigorwa no kubona ibiryo by’amatungo kuko ibiciro bihenze, bagasaba ko guverinoma yabifataho umwanzuro
Ingabo z’u Rwanda, RDF n’’iza Uganda, UPDF, basoje inama y’iminsi itatu y’abayobozi b’ingabo z’ibihugu.Iyi nama yasojwe ku wa 2 Ukwakiara 2025, yaberaga i Mbarara, muri Uganda, hafi y’umupaka uhuza ibihugu byombi.