Amakuru

Polisi y'u Rwanda yatangaje ko umuhanda uhuza uturere twa Nyanza, Bugesera na Ngoma utari bukoreshwe n'ibinyabiziga guhera saa sita z'amanywa kugeza saa moya za nijoro
Depite Bizimana asanga umubare w’abasinyira idini cyangwa itorero kugirango ryemerwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, urimo amananiza kuko amadini yose atariko yabona abayoboke 1000 bayasinyira
Depite Pie Nizeyimana yasabye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, kwinjira mu bibazo bimaze iminsi bigaragara muri Rayon Sports, kuko bigira ingaruka ku mbaga nini y'Abanyarwanda bayikunda, abasabira kurindwa agahinda
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'Ububiligi, Maxime Prévot, ni umwe mu ba Minisitiri b'Ububanyi n'Amahanga bitabiriye inama ya 46 iri kubera mu Rwanda y'aba Minisitiri bagize umuryango w'ibihugu bivuga ururimi rw'Igifaransa, Francophonie
Perezida wa Pan African Movement-Rwanda, Hon Musoni Protais, yasabye urubyiruko guharanira kugira amahitamo yo kwigenga mu bitekerezo ndetse no gukunda igihugu no kugikorera
REB yagaragaje ko abarimu bigisha ururimi rw'Igifaransa boherejwe n'Umuryango w'Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, ari abafatanyabikorwa b'imena mu rugendo rwo guteza imbere uru rurimi mu burezi bw'u Rwanda
Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko hakwiriye gufatwa ingamba ziboneye zo guha umugore agaciro n’ubushobozi, kugira ngo abe umufasha mu gukemura ibibazo byugarije Isi muri iki gihe
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva ku mugoroba wo ku wa 18 Ugushyingo 2025, yakiriye PRAK Sokhonn, Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubwami bwa Cambodge.
Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda yo kwigisha ubwenge buhangano [AI] hifashishijwe gahunda ya Chidi yifashisha ikoranabuhanga rya Claude AI, mu gufasha abarimu n’abanyeshuri
AFC/M23, ryatangaje ko ryamaganye bikomeye icyemezo cya Perezida Félix-Antoine Tshisekedi cyo gutangaza ko ikibuga mpuzamahanga cya Goma kizafungurwa,banamaganira kure ibyo kubahuza n'u Rwanda