Amakuru

Minisitiri w’Ubuzima,Dr Nsanzimana Sabin, yaganiriye na Ngirinshuti Manasseh  wo mu karere ka Gisagara,Umurenge wa Musha, umaze imyaka 16 ari umujyanama w’Ubuzima, amuhishurira icyamushoboje.
Umuryango Nyarwanda wita ku buzima HDI, wagaragaje ko mu bushakashatsi bakoze mu mwaka wa 2024, babukoze ku bakozi bo mu rugo mu Mujyi wa Kigali, bwagaragaje ko abarenga 287 bavuze ko bigeze gutekereza kwiyahura
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iterambere, RDB rwatangaje ko rumaze gukusanya imashini zirenga ibihumbi 8,000 z’imikino y’amahirwe zizwi nk’ibiryabarezi, bitewe n'uko zakoreshwaga mu buryo butemewe n’amategeko
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare ruherereye i Kanombe, rwanze Ubujurire bw’abasrikare barimo Maj Vincent Murigande, Capt Peninah Mutoni, na Capt Peninah Umurungi.
Gen (Rtd) Ibingira Fred yavuze ibigwi byaranze ubuzima bwa Lt Gen Kabandana Innocent uherutse kwitaba Imana, asaba umuryango we kuzagumana icyizere n'icyubahiro yari yaragiriwe na Perezida w'Igihugu, Paul Kagame
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yabwiye abagize Inteko Ishingamategeko umutwe w’Abadepite ko hakwiye amavugurura ku itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda kugira ngo rihuzwe n’igihe kigezweho.
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu n'icy'u Burundi, byabagabyeho ibitero biturutse i Bujumbura na Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, bityo ko bagiye kugira icyo bakora ngo bihagarare
Minisiteri y’Uburezi y’u Rwanda yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ishuri mpuzamahanga rya WorldQuant University (WQU), rizatanga buruse ku Banyarwanda mu gihe cy'imyaka itanu
Perezida Paul Kagame yakiriye umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Itangazamakuru mu Bihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu (UAE Media Council), Sheikh Abdulla bin Mohammed bin Butti Al Hamed