Amakuru

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwatashye Ikigo Nderabuzima cya Nyamagabe ijyanye n’icyerekezo yuzuye itwaye miliyoni 410 frw, bunagenera igikoma umubyeyi wa mbere wayibyariyemo.
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira yatangaje ko u Rwanda rwihaye intego y'uko mu 2030, byibura 50% by'imiryango y'impunzi ziba mu Rwanda bazaba babasha kwibeshaho badakeneye guhabwa inkunga cyangwa ubundi bufasha
Polisi ikorera mu karere ka Rulindo, yarashe umusore witwa Mbonyinshuti Eric, wagerageje kuyirwanya .
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Ihuriro rya AFC/M23 basubiye i Doha muri Qatar mu rwego rwo kugira ngo basinye amahame aganisha ku masezerano y’amahoro.
Abagenzi bakoresha ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, giherereye i Kanombe, bashimiwe, bagenerwa impano zitandukanye mu rwego rwo kwizihiza icyumweru cyahariwe gutanga serivisi nziza .
Inararibonye mu bya Politiki, Hon. Tito Rutaremara, asanga abavuga ko u Rwanda ruri muri RDCongo gushyigikira Ihuriro rya AFC/M23, ari ibinyoma kuko umutwe wa M23 wihagije kandi ko nta bimenyetso bifatika ababivuga bashingiraho