Amakuru

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko ikomeje gufata ingamba zikomeye mu gukemura ibibazo byugarije imikorere ya za Koperative z’Imirenge SACCO, cyane cyane ibijyanye n’inyerezwa ry’imari ryagiye rigaragara muri zimwe muri izo koperative
Abanyeshuri bagera ku 255,498 barimo abarenga 700 bafite ubumuga batangiye gukora ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange (O’Level) n’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (A’Level)
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’iz’ibanze, yataye muri yombi abantu 22 bakekwaho ibikorwa birimo uburaya, ubujura no guteza umutekano muke