Perezida wa Repubulika Iharanira Demoka ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye Perezida w’u Rwanda, ubwo yamusabaga ibiganiro bari i Buruseli mu Bubiligi
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin, yakiriye Minisitiri w’Ubwongereza ushinzwe Iterambere Mpuzamahanga n’Afurika, Rt. Hon Baroness Jennifer Chapman mu rugendo arimo mu Rwanda,