Louise Mushikiwabo, yatangaje ko u Rwanda nk’umunyamuryango, rumaze kungukira kuri byinshi birimo ko rwagize abarimu bigisha ururimi rw’Igifaransa no guteza imbere abagore n’urubyiruko
Abagize Inteko Ishinga Amategeko batangiye guhugurwa ku mikoreshereze y’ubwenge buhangano (AI) mu miyoborere y’igihugu mu rwego rwo kongerera ubumenyi inzego za Leta ku ikoranabuhanga rigezweho no kuribyaza umusaruro mu bikorwa byabo bya buri munsi
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yasuye ahari kubakwa urugomero rwa Nyabarongo ya II, rwitezweho gutanga amashanyarazi agera kuri megawati 43,5
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga