Amakuru

‘Bisi ni nziza, ariko ikibazo dutuye nabi’ – Gahunda ya tuyoboke bisi mu mboni za Hakuzwumuremyi

Umushinga wa Sahara Residence mu nzira yo gutuza abanyakigali mu igorofa

Minisitiri Bizimana yagaragaje ko Gikongoro iza imbere mu harimbuwe imiryango myinshi muri Jenoside

Gicumbi: Minisitiri Habimana yasabye abaturage kurwanya burundu igwingira mu bana

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF, ryashimiye u Rwanda ku kazi gakomeye rwakoze mu ku burenganzira bw’abana mu nzego z’ubutabera zarwo.
Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wagaragaje ko ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, bukomeje gukora ibikorwa by'ubugome, aho kuri ubu ingabo za leta ,FARDC, iri kurasa abaturage n'amatungo.
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Major General Vincent Nyakarundi, ku wa 26 Gashyantare 2026, yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique.
Guverinoma y'u Rwanda yamaze kwemeza ko izaburana n'u Bwongereza mu rukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza rwo mu Buholandi,PCA , irusaba kubutegeka kwishyura arenga miliyoni 50 z’Amapawundi kubera amasezerano y’abimukira yahagaritswe.
Mu karere ka Kayonza, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane , tariki ya 26 Gashyantare 2026, inkuba yakubise Inka 10 z'abaturage babiri, eshanu zihita zipfa.
Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga n’Ubutwererane yakiriye itsinda ry'"Ishuri Umuco” rigizwe n'urubyiruko rw’Abanyarwanda baba mu Bubiligi, bari mu ruzinduko mu Rwanda
Madamu Jeannette Kagame, akaba ari nawe washinze Imbuto Foundation, kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Gashyantare 2026, yakiriye itsinda riyobowe na Princess Marie-Chantal, umwe mu bashinze gahunda ya "Building Better Futures" porogaramu y' Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR.
Raporo ya Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya leta umutwe w’Abadepite yaragaje impungenge ku Turere tumwe tutararenga 10% mu gukoresha ingengo y’imari twagenewe nyamara hari utundi twagejeje hejuru ya 60%
Umunyamakuru Gloria Mukamabano , wari umaze imyaka icyenda mu Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA),  yasezeye.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka