Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yanze gushyira umukono ku munota wa nyuma amasezerano ahuriweho n’u Rwanda yerekeranye no guteza imbere ubukungu mu karere yagombaga gusinyirwa i Washington DC muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Minisitiri w'Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana yagaragaje ko umushinga w’ikoranabuhanga mu Burezi (Rwanda Smart Education) ufite uruhare rukomeye mu ishyirwa mu bikorwa ry’icyerekezo cy’igihugu cya viziyo 2050 na gahunda y’Igenamigambi rigamije Impinduka, NST
Perezida wa Repubulika Paul Kagame,akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye ba ofisiye bashya binjiye mu ngabo z’u Rwanda, guhora bazirikana ko inshingano ya mbere bafite ari ukurinda igihugu n’Abanyarwanda, birinda ko cyavogerwa n’abatagikunda.
Abasirikare n’Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwa Loni muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA) batanze ibikoresho by'ishuri ku banyeshuri bari mu bice boherejwemo
Brian Kagame, bucura bwa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, ni umwe mu basirikare 42 bigiye hanze amasomo ya gisirikare,bagiye kwinjira mu ngaho z’u Rwanda RDF hamwe n’abandi 987 bigiye mu ishuri rya Gako.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga