Rayon Sports yanganyije na Musanze FC mu mukino w'umunsi wa 22 wa shampiyona, Rwanda Premier League, maze ihita yinjira mu makipe ane ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona.
Ubushakashatsi bwakozwe mu Rwanda bwagaragaje ko hari icyuho mu bahanzi mu kubyaza amahirwe impano zabo kugirango zibinjirize ndetse n'igihugu muri rusange
Umuhanzi Kitoko Bibarwa yaraye ataramiye anaganiriza abitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen Z Comedy Show cyabaye mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 26 Gashyantare 2026.
Austin Luwano wamamaye nka Uncle Autsin mu itangazamakuru ndetse n’umuziki Nyarwanda, yatangaje ko yasezeye ku gukora itangazamakuru rya Radio yari amaze imyaka 26 akora ahishura ko ari ibintu yakunze kuva mu mabyiruka ye.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi yishimiye guhura na Ambasaderi w’u Rwanda muri Israel Gatera James aho yaboneyeho gutangaza ko bagiranye ibiganiro byiza.