Inkuru Nshya

Nta cyumweru gishize umuhanzi The Ben, asohoye mu buryo bw’amajwi indirimbo ye nshya yise” Indabo Zanjye” , ikubiyemo ubutumwa bugaruka cyane kuri Bruce Melodie bamaze imyaka 5 bombi ari hasi hejuru.
Uwizeye Marc uzwi nka Rocky Kirabiranya cyangwa Kimomo, akaba umusore umaze kubaka izina mu gusobanura filime, urubuga rwe rwo kumuyoboro wa yutube ( YouTube) ' Rocky Entertainment” acishaho ibiganiro n'amafilimi rwongeye gufungwa .
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru witwa Gakuru Emmanuel wamenyekanye nka Muzehe Gakuru kuri radiyo , akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye .
Umukobwa wo mu Karere ka Ruhango w'imyaka 26 y’amavuko, yasanzwe yapfiriye mu nzu y’umusore bikekwaho bararanye
Abagororwa bafungiye mu Igororero rya Nyarugenge bakorewe ibirori bibafasha kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, byateguwe ku bufatanye bw'Urwego Rushinzwe Igorora mu Rwanda (RCS) n'abandi bafatanyabikorwa
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko impanuka ikomeye y’ikamyo itwara ibikomoka kuri peteroli yabereye mu Karere ka Kicukiro, ku mugoroba wo ku wa Mbere, yahitanye abantu batanu, abandi icyenda barakomereka
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje gahunda nshya yo gucyura abayobozi bahagarariye igihugu cye mu bihugu bitandukanye by'Isi byiganjemo Afurika, harimo n’u Rwanda

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka