Inkuru Nshya

Mu Rwanda hakozwe bwa mbere ubuvuzi bwa kanseri ifata mu rura runini hatabayeho kubaga umurwayi, ibizwi nka Endoscopic Submucosal Dissection (ESD)
U Rwanda rwatangije ku mugaragaro Gahunda y’Igihugu yo Kubungabunga urusobe rw’Ibinyabuzima (National Biodiversity Strategy and Action Plan) ya 2025-2030, hagamijwe iterambere rirambye
Urwego rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje itabwa muri yombi ry'abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David.
Irushanwa Mpuzamahanga rya Tennis “Rwanda Open M25” riri kubera ku bibuga bya Tennis muri IPRC Kigali, ryakomeje kuri uyu wa Kabiri hakinwa imikino ya 1/16, Abanyarwanda babiri bahita basezererwa
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Somalia, Maj Gen Odawa Yusuf Rage, ari kumwe n’itsinda ayoboye basuye Icyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda giherereye i Kimihurura, mu Mujyi wa Kigali
Ambasaderi w’u Rwanda muri Turikiya, Lt Gen (Rtd) Charles Kayonga, yagaragaje ko iterambere u Rwanda rugezeho, rubikesha imiyoborere myiza no gukunda igihugu bya Perezida wa Repubulika Paul Kagame
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,ryigaruriye uduce tubiri duherereye muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru
Rutahizamu w’umunya Ghana, Michael Sarpong, wakiniye ikipe ya Rayon Sports, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Tierra Wright
Umusirikare w’u Rwanda , RDF, Sgt Sadiki Emmanuel ,wari umaze igihe afungiwe mu Burundi , yamaze kugarurwa mu gihugu .
Abayobozi 14 bo mu Karere ka Nyabihu batawe muri yombi bakekwaho kunyereza umutungo wagenewe gusana inzu z’abarokotse Jenoside.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka