Inkuru Nshya

Perezida w'u Rwanda Paul Kagame, ari i Buruseri mu Bubiligi aho yitabiriye inama Mpuzamahanga ya kabiri ya Global Gateway Forum 2025, yiga ibijyanye n'ishoramari
Perezida Paul Kagame yakiriye Umujyanama Mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Afurika, Massad Boulos, baganira ku bikorwa bigamije kwimakaza amahoro n’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari
Ingabire Marie Immaculée wari Umuyobozi w'Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n'Akarengane mu Rwanda, Transparency International Rwanda (TIR), yitabye Imana azize uburwayi
U Rwanda rwasinyanye amasezerano atandukanye mu by'ubucuruzi na Jordanie  agamije ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
Umuhanzi Intore Masamba, umunyamakuru Uwizeyimana Sylvestre benshi bazi nka Wasili n'Umuvugizi w’Abafana ba APR FC, Mugisha Frank uzwi nka Jaguani batumiwe mu Iseka Rusange rya Gen-Z Comedy
Itsinda ry’Urubyiruko rubarizwa mu Muryango w’Abanyarwanda batuye muri Afurika y’Epfo, rwasuye Icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF), basobanurirwa intambwe u Rwanda rumaze gutera mu bumwe, ubwiyunge n’iterambere
Mu Karere ka Bugesera, Abanyamahanga batandatu bahisemo kuba Abanyarwanda, bahawe ubwenegihugu burimo ubushingye ku ishyingirwa.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Somalia, Maj. Gen. Odawa Yusuf Rage n’itsinda bazanye mu Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yahaye ikaze abanyamuryango bo mu bihugu 93 bazitabira inama ya 46 y'Umuryango w'Ibihugu Bivuga ururimo rw'Igifaransa (OIF) mu Rwanda

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka