Inkuru Nshya

Umuhanzi Intore Masamba yaganirije urubyiruko rwitabiriye Gen-Z Comedy ku kamaro k'ubuhanzi mu gihe cy'urugamba rwo kubohora igihugu n'uburyo bwatumye urubyiruko rw'Abanyarwanda bari mu mahanga bagaruka mu gihugu
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko mu mujyi no mu cyaro , mu kwezi kwa Nzeri 2025, ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho 6,2% ugereranyije na Nzeri 2024.
Umuyobozi Ushinzwe guhuza ibikorwa by'Ingabo z'u Rwanda n'abaturage muri RDF, Colonel Désiré Migambi, yasabye urubyiruko rwa Gen-Z gukunda igihugu batizigamye ndetse barebera kubababanjirije
Minisitiri w’Ubwongereza ushinzwe Iterambere Mpuzamahanga n'Afurika, Rt. Hon Baroness Jennifer Chapman mu rugendo arimo mu Rwanda, yagiriye urugendo mu Ntara y’Amajyaruguru, asura Ikigo cy’Ishuri cya GS Kirebe TSS cyo mu Karere ka Gakenke ,ashima ubufatanye buri hagati y’ibihugu byombi.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagaragakje ko ubufatanye bwa Afurika n'andi mahanga atari ubugomba gutuma Afurika igengwa ahubwo bugomba kuyihesha agaciro, bugashingira ku kungukira hamwe
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahaye ubutumwa mugenzi we wa RDCongo nyuma yo kongera kwegeka ibibazo by’icyo gihugu ku Rwanda.
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,Felix Tshisekedi, yasabye ko yahuza imbaraga na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame bagasaba umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwe guhagarika imirwano, ngo kuko iri gutwara ubuzima bw’abasivili benshi.
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi umugabo witwa Sabato Mupenzi, ashinjwa kwiba ibikoresho by'amashanyarazi

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka