Inkuru Nshya

Soraya Hakuziyaremye yagaragaje ingamba zashyizweho n'iyi banki mu kurushaho gushishikariza Abanyarwanda kwizigamira, nka kimwe mu bisubizo bizatuma inyungu ku nguzanyo zishyirwaho n'ibigo by'imari zigabanuka
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo 2025, yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Guinée , Morissanda Kouyaté.
Umunyarwandakazi Nkezabera Kyra ari mu bakobwa 32 bageze ku musozo w’irushanwa rya Nyampinga w’u Bubiligi
Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze  Mouloudia Club d'Alger [MC Alger] yo muri Algeria ibitego 2-1, mu mukino wa mbere wo mu Itsinda C mu mikino yo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ( CAF Champions League).
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, rwanze ubujurire, rutegeka ko Kalisa Adolphe ’Camarade’ wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA), akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Umunyarwandakazi, Tuyishime Solange Keita wari uhagarariye u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Universe, yasoje iri rushanwa ari mu bakobwa 30 ba mbere, ku nshuro ya mbere yari aryitabiriye
Umubano w’u Rwanda na Qatar wamaze kuba ntamakemwa nyuma yaho muri Gicurasi 2017 ibihugu byombi bitangiye inzira y’ubufatanye mu bya diporomasi, ibihugu byombi bigashyira umukono ku masezerano agamije kunoza imikoranire
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yasuye ahari kubakwa urugomero rwa Nyabarongo ya II, rwitezweho gutanga amashanyarazi agera kuri megawati 43,5
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yagaragaje ko ibikorwa biyobowe n’Abanyafurika bishingiye ku bufatanye, ubunyamwuga no gutabarana mu gihe gikwiye bigenda bigaragaza umusaruro ufatika
Umuyobozi w'Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, wari mu ruzinduko rw'iminsi ibiri mu Rwanda yatangaje ko ashima umuhate w'u Rwanda mu gushyigikira ibikorwa by'amahoro mu Karere ka Afurika y'Uburasirazuba

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka