Inkuru Nshya

Amb Nduhungirehe yaganiriye na Emmanuel Cohet ku mubano w’u Rwanda n’u Bufaransa

Zacu Entertainment igiye gushyira hanze filime ishingiye ku nkuru y’abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye ‘HighSchool’

AFC/M23 irashinja leta ya RDC kutarekura imfungwa zayo

Menya Icyumba cy’umukara kizafungirwamo amafoto n’amazina ya ba ruharwa bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi

Minisitiri W’Ibikorwaremezo,Dr Jimmy Gasore, yagaragaje ko ikibazo cy’ibicanwa gihagangayikishije leta ndetse ko kugeza ubu abanyarwanda 94% bagikoresha inkwi n’amakara, agaragaza ko hari ingamba zitandukanye zo kuzamura umubare w’abakoresha ibicanwa bitangiza ikirere
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda , Amb. Olivier Nduhungirehe, yahuye n’Intumwa yihariye y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ishinzwe Akarere k’Ibiyaga Bigari, Amb. Johan Borgstam
Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda watangaje ko uri gukora ibishoboka byose mu gufasha abayobozi b’imisigiti 320 kuba bafite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza bitarenze muri Werurwe 2026 nk'uko byasabwe na RGB
Rutahizamu wa Kiyovu Sports, Amissi Cédric, yasabye imbabazi nyuma y’imyitwarire idahwitse yagaragaje mu mikino iheruka, byamuviriyemo guhagarikwa imikino ibiri no kwamburwa igitambaro cy’ubukapiteni
Kiyovu Sports yahagaritse rutahizamu Amisi Cédric ibiri inamwambura igitambaro cy’umuyobozi w’abakinnyi (Kapiteni), kubera imyifatire idakwiye
Abanyamuryango b’akanama k'Umuryango w'Abibumbye gashinzwe Umutekano, bahuriye mu mwiherero wihariye hagamijwe kungurana ibitekerezo ku bibazo by'umutekano muke muri RDC
AFC/M23, yigaruriye uduce twa Kimbili na Nyarubemba duherereye muri teritwari ya Shabunda mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y'imirwano ikomeye bahuriyemo n'ingabo za FARDC.
Urwego ry'Igihugu rw'Imiyoborere ,RGB , rwatangaje ko rwashyizeho Komite y'inzibacyuho ya Rayon Sports nyuma yo gusuzuma byimbitse ibibazo biyivugwamo.
Abacuruzi  n’abandi bafite ibikorwa mu isantere ya Mukoto yo mu karere ka Rulindo, basabwe kuhimuka kuko yubatse mu gishanga.
Umunyarwenya akaba n'umukinnyi w'amafilimi, Kevin Hart, yasangije abakunzi be ibihe bidasanzwe yagiriye mu Rwanda ubwo we n'umuryango we basuraga Ingagi zo muri Pariki y'Ibirunga mu Karere ka Musanze

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka