Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe,Kuri uyu wa Kabiri, yasezeye kuri Ambasaderi Eric William Kneedler, uri gusoza inshingano ze zo guhagararira Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda.
Minisitiri w'Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore yasobanuye ko mu mategeko mashya y'umuhanda harimo ibyaha bibiri bikomeye bishobora kugeza umuntu mu rukiko, birimo gutwara imodoka wanyweye ibisindisha no gutwara nta byangombwa umushoferi afite
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko Ikawa y’u Rwanda mu mwaka ushize wa 2025, yinjriije u Rwanda akabakaba kuri miliyari 219 Frw ( Miyoni 150 $).
Ubuyobozi bwa Pariki y'Igihugu ya Nyungwe, butangaza ko amafaranga asaga miliyari 1.2 frw, yavuye mu bukerarugendo, azifashishwa mu gutera inkunga imishinga itandatu yo mu turere twegereye iyi pariki binyuze muri gahunda yo gusangira umusaruro wa pariki n'abayituriye.
Nizeyimana Alexandre w'imyaka 26, wo mu Murenge wa Mukarange, aravugwaho kwiyahura kubera ikipe ya Rayon Sports yihebeye , yatsinzwe na mukeba wayo APR FC, bityo bikamunanira kubyakira, akishyira mu mugozi.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga