Inkuru Nshya

Minisitiri w’Intebe yahagarariye Perezida Kagame mu muhango wirahira rya Guelleh wa Djibouti

U Rwanda rugiye gufasha ibihugu 18 bya Afurika gusuzuma ibirango by’ubuziranenge

Impamvu ibiciro by’ibirayi bikomeza gutumbagira kandi umusaruro wabyo wiyongera buri mwaka

Gasana wabaye Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni, yaciwe miliyari 7 Frw azira gufata ku ngufu

Urwego rw'Igihugu rw'Imiyoborere, RGB, rwamenyesheje imiryango itari iya Leta yo mu gihugu na mpuzamahanga, Imiryango ishingiye ku myemerere n'imiryango igamije inyungu rusange yanditse ndetse ikorera mu Rwanda, guhagarika ubufatanye na Guverinoma y'u Bubiligi n'ibigo bishamikiyeho.
Col Pacifique Kayigamba Kabanda yagizwe Umunyamabanga Mukuru w'Urwego rw'Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, asimbuye Jeannot Ruhunga wari umaze imyaka isaga itandatu kuri uwo mwanya.
U Rwanda rwatangaje ko rwishimiye icyemezo cya M23 cyo kuva mu Mujyi wa Walikale mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, yari iherutse gufata ndetse no kuba Leta ya RDC yavuze ko ibikorwa by’Ingabo zayo, FARDC na Wazalendo bigiye guhagarara muri ako gace.
Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda, yazamuye mu ntera Col Stanislas Gashugi, ahabwa ipeti rya Brigadier General, anagirwa Umuyobozi w’Umutwe udasanzwe w’Ingabo z’u Rwanda uzwi nka ‘Special Operations Force’.
Umuryango w'Ubukungu n'Iterambere ry'Ibihugu bya Afurika y'Amajyepfo, SADC, wafashe umwanzuro w’uko ingabo za SAMIDRC zisoza ubutumwa bw'amahoro zimazemo imyaka hafi ibiri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka