Inkuru Nshya

Ikigo cy'Igihugu cy'Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n'Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI) na Minisiteri ya Siporo byaganiriye ku mushinga wo gushyiraho Laboratwari ipima ikoreshwa ry’imiti yongerera abakinnyi imbaraga.
Ubuyobozi bwa Polisi y'Igihugu butangaza ko mu gihe abantu bazaba bizihiza iminsi ya noheli n'Ubunani, umutekano uzaba wifashe neza.
Umwaka wa 2025 ni umwaka utazava mu Banyarwanda by'umwihariko abakunzi b'umupira w'amaguru kuko ari bwo ikizere cyo kwerekeza mu gikombe cy'Isi ku ikipe y'igihugu y'u Rwanda cyarangiye ku munota wa nyuma
Stella Rusine Nteziryayo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Banki y'Amajyambere y'u Rwanda, BRD, asimbuye Kampeta Pitchette Sayinzoga wari urangije manda y’imyaka itandatu ayobora iyi banki
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) igaragaza ko itangazamakuru rifite uruhare rukomeye mu kubaka sosiyete n'umuryango muri rusange cyane ko muri sosiyete ibibazo byo mumutwe binaze kwiyongera
Nta cyumweru gishize umuhanzi The Ben, asohoye mu buryo bw’amajwi indirimbo ye nshya yise” Indabo Zanjye” , ikubiyemo ubutumwa bugaruka cyane kuri Bruce Melodie bamaze imyaka 5 bombi ari hasi hejuru.
Uwizeye Marc uzwi nka Rocky Kirabiranya cyangwa Kimomo, akaba umusore umaze kubaka izina mu gusobanura filime, urubuga rwe rwo kumuyoboro wa yutube ( YouTube) ' Rocky Entertainment” acishaho ibiganiro n'amafilimi rwongeye gufungwa .
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru witwa Gakuru Emmanuel wamenyekanye nka Muzehe Gakuru kuri radiyo , akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye .

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka