RwandAir yatangije ingendo zo mu kirere z’ubwikorezi bw’imizigo, mu mujyi wa Harare muri Zimbabwe.Ni itangazo ryanyujijwe ku rubuga rwa X rw’iyi Sosiyeti y’Ubwikorezi bwo mu Kirere (RwandAir), rivuga ko yatangije ingendo z’ubwikorezi bw’imizigo mu cyerekezo cya munani kijya mu murwa mukuru wa Harare.