Inkuru Nshya

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri mu Rwanda, NESA cyatangaje ko amanota asoza icyiciro cy’Amashuri y’isumbuye cya 2023/2024 azashyirwa hanze muri uku Gushyingo.
I Kigali hateraniye urubyiruko ruturutse hirya no hino muri Afurika, rwitabiriye inama ya karindwi ya YouthConnekt ifite insanganyamatsiko igira iti " Imirimo y'urubyiruko ishingiye ku guhanga ibishya.
Col (Rtd) Richard Karasira wari uri ku buyobozi bw'ikipe y'ingabo z'igihugu; APR FC yamaze gukurwa ku buyobozi bw'iyi kipe.
Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’u Bwami bwa Jordan batanze inkunga y’ubutabazi bageneye abaturage bo muri Gaza bamaze umwaka bibasiwe n’intambara.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka